ZABURI YO KU CYUMWERU CYA 20 GISANZWE A
ZABURI YO KU CYUMWERU CYA 19 GISANZWE A
ZABURI YO KU CYUMWERU CYA 18 GISANZWE A
ZABURI YO KU CYUMWERU CYA 17 GISANZWE A
INYIGISHO YO KU CYUMWERU CYA 15 GISANZWE, UMWAKA A
Bavandimwe, Kristu Yezu akuzwe. Tugeze ku cyumweru cya 15 gisanzwe mu mwaka wa liturjiya A. Imana ikomeje umugambi wayo wo kuduhugura mu ijambo ryayo kandi igamije ko twaronka umukiro itanga. Iratubwira inyujije mu isomo rya mbere ko Ijambo ryayo ritaza ngo rigende ubusa; rikora nk’uko imvura iyo ije ibobeza ubutaka bukabibwamo. Ibyo kandi nibyo n’andi masomo akomeza kugarukaho nko mu Ivanjiri itubwira umugani abenshi tuzi, umugani w’umubibyi utwereka uko ijambo ry’Imana ryakirwa na muntu.
INYIGISHO YO KU CYUMWERU CYA 15 GISANZWE, UMWAKA A
INYIGISHO YO KU CYUMWERU CYA 14 GISANZWE UMWAKA A
Bavandimwe Kristu Yezu akuzwe, twongeye kugira amahirwe yo gusangira ijambo ry’Imana twateguriwe n’umubyeyi wacu Kiliziya kuri iki cyumweru cya 14 Gisanzwe. Reka turebe icyo Nyagasani atubwira none.
ZABURI YO KU CYUMWERU CYA 16 GISANZWE A
ZABURI YO KU CYUMWERU CYA 15 GISANZWE A
ZABURI YO KU CYUMWERU CYA 14 GISANZWE A
INYIGISHO YO KU CYUMWERU CYA 13 GISANZWE, UMWAKA A
Bavandimwe, Yezu Kristu akuzwe, tugeze ku cyumweru cya 13 mu byumweru bisanzwe. Ijambo ry’Imana tuzirikana riratumurikira ritwereka aho ubuzima buherereye. Ubuzima nyabuzima buri mu Mana yo igomba gukundwa kuruta bose na byose; kandi uko kuyikunda turarikirwa none, ni ukwakira neza abo idutumaho kuko batubera isoko y’umugisha udatuba. Reka turebe uko amasomo matagatifu y’iki cyumweru adufasha kubyumva.
Create Your Own Website With Webador